azlyrics.biz
a b c d e f g h i j k l m n o p q r s t u v w x y z 0 1 2 3 4 5 6 7 8 9 #

riderman – kitatire (amateka) lyrics

Loading...

this one riderman riderzo rwandan man
ibindi nago mbizi amazina yambanye menshi so
nzajya kuyabitsa kuri bank asigaye

njugunyaho ifumbire weze igiti cy amahwa
nshyira mu gakino kawe bucye uba nyakubahwa .
ntuzigere utondagirwa
ntuzigere unyagirwa .
nd umutaka nd ikirura sind inyozo
iteka ku micyo show biz simyitozo
nkunda cyangwa unyange arko ugabanye imyimyozo
n-gg- urw-ngo sirwo rwatuma ngwa ku musozo
catcher fireman ntabyo dufu mu mazuru
ndakingiwe simfatwa n umweru uva ibukuru
n-gg- kokoliko kuko mbyuka muruturuturu
agac-ma kajye ntikarara umusururu
ikigale wapi nanga kurukuru
izajye kwa jeux sindakozwa iminyururu
mu gakino nd umusaza nago nd umururu
vip burns nzirana n imvururu

amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa

nd umusazi mubasizi bato mu bisumizi
nd umukozi iteka mbyutswa no gusoza umubyizi
kitatire kitajya gitinya kw itabaro
kitajya gitinya gukwiza umwanzi imishwaro
kitajya kigira icyo gipfana n ikimwaro
icyana gitera itoma ishyamba nk isaro
mu mac-mu acanye mu ma flow ashyushe adakannye
mu mizinga izunguruka acamo itamuhitanye
crunk i rwanda fora ninde nijye wayadukanye
ubipinze azabibaze abasore tw-tangiranye
amateka yajye atangira ibiri gatandatu
sinywa muri utp mu kwezi kwa gatatu
ninjiye umuziki kurapa aribyo nahisemo
nabyi kimenyane nta muvandimwe mufitemo
intego yari ukurapa maze nkarusha abandi
nshaka impinduramatwara yajye nk iya gandhi ehh
amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa

icyo gihe nza nasanzemo mahoni boni
mpindura agakino jye ninjira mvuza inoni
nkubita crunk niyegurira abafana
launch ye iburamo abana jye huzuye sana
nari muto kuribo mpindura amateka
ntera isubirajwi abazi ibyayo baraseka
nari muto mu mutwe ndi igisekera mwanzi
nshyira izina ryajye mu rutonde rw abahanzi
2007 nyuma gato ya rutenderi
nari kongwe sana ntabigendera ifiyeri
2008 nkubita alb-m hanze
inkuba iraturika mbona bamwe barikanze
nijye muhanzi wujuje pet-t stade bwa mbere
nta nkunga nimwe mfite nyesha ama company
muyoboke na queen nibo bari babiyoboye
uzakubwira abandi uzamenye ko ari ikiwani
amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa

nibyo ndashoboye ndata nago yibarutse imbwa
kurererwa ijyosi byatumye mvamo umubingwa
naje ntawe unzi umunsi nyawo usohoye
jye nzje ntawe unzi bose mbereka ko nshoboye
2009 ninjiye mu kitwa beef
intwaro zabo zose zerekeza kuri jye
ntakabuza kuko ni jyewe warubakuriye yee nijye warubakuriye
bamwe mubo narashe basubiye kw isuka
kurubu bicuza icya bateye kuntuka
aho navuye iyi ndirimbo ntiri bunsubizeyo
abanega iminsi mwese n imwigireyo
ngo riderman azazima riderman ntabyo azi
cunga izamu ryawe jyewe mbayeho nka muhazi
ndiho kubw uwiteka ibyo niba utabizi
shaka uko ubimenye jyewe undeke nsoze umubyizi
amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa

mbere yuko ujya ishyamba banza umenye aho kamenge iba
munsi ya mont kigali kandi najye niho mba
ndi ku munwa w icupa wenda ejo nzaba ndi ku ndiba
nujya ishyamba ushaka kuritindamo uzahomba
ndakeka ko ndi jyenyine muri akaga jye jyamo
mu gihe nzaba n-z-mye har uzaba agiteramo
iyo maze iminsi ntasohora akagoma
telephone yajye ihagarika gusona
iyo ukora uraka ukavugwa ukarabagirana
wapowa ho gato ukazima ukanibagirana
ubuzima tubaho ni nk ubwi ndaya neza
iyo ishaje irazima bakayiheza
bana mw injira muriyi game muyimenye
mube menge imyumviro yanyu ntizayisenye
narwaje mama amezi menshi amaze kubagwa
niba mbeshya mpfe aka kanya abangezeho ni mbarwa
bazagukunda ukize arko bazakw-nga ukennye
bazagusura waka arko baguhunge ukennye
nta mubano w abantu bayibamo uramba
wanapfusha ukabura n ugufasha guhamba
.ibyo mvuga ndabizi nago mbeshya habe nta mba
.iyo uzimya nta numwe ukugumanira number
nyirimo ntayirimo impamvu nyirimo
nyirimo kubera ko ari umurimo
bibaye atari ibyo jye nagakwiye kuyikatira
nkayirakarira nta n umuntu nayiratira
nyirimo kubera urukundo mfitiye ubusizi
reka ndeke iby inama muri tayari bahizi
amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa

mfite imbunda mumuhogo iyo mvuga mba ndasa
shyira anti-balle ku matwi niba ushaka kunyumva
mfite ishoka ku rurimi iyo mvuga mba nasa
flow zajye zica imico mibi ikajya mumva
kuva 2006 kugeza ubu ayajye ntajya ashira niyo mpamvu ndi sub
ubugabo s ubutumbi si nangana ni mvubu
arko ndahanura nkahabura ngo hubu
flow zajye n inkimvura ndabanyagira
abakunzi ba r n b icyo nicyo banyangira
abakunzi ba hip hop icyo nicyo bankundira
abatinya flow baranyumva bakanyanyagira
nturanye n ishyamba mont kigali niho mva
mu kamenge niho mba
nucunga nabi urahomba
unkangisha ishyamba ariryo nkoreramo tize
kugakingisha imbwa inyama uba ubara nkaho utize
flow ndazifite inyinshi nzandikira aho
bafite ibibazo abibazako zizanshiraho
nd akabigirakabizi ibyo nabibabwiye kera
nago nerekera imbaraga nzivana ahera
singira manager wo k-mereza amahera
arko niyo ntishyuwe uzabaze sinserera
ikinyabupfura jyewe ndagihorana
buretse beef zawe ntuzigera ubona nongana
ahh uzabibaze abo dukorana riderzo ndi rasta ntabwo nge njya ngorana
ahh nzirana n ikitwa stress
mbinjirije sms
bamwe batanga flow abandi bagorora imihogo
jye nibereye home nipoweye nka ga koko
ingero ni nyinshi cyane uzabibaze abanzi
uwiteka niwe unyiza imitego ya abanzi
kitatire kitajya giterana amatiko
habari za masiku iyi ngoma yajye uzayingereze kw isoko
niba ushaka ko isake idacika ikirokoroko
dore nzamara iminsi ntasohoka munzu
ndi gusuk-ma ku ma flow zinturuka mu masunzu
ni wumva unk-mbuye uzafate phone umpamagare
ntutanabikora kandi uzandeke ndakareee
amateka yajye niyo ngenderaho buri gihe
niyo ayobora intambwe zajye bityo si nsikire
utamenya iyo ava ntamenya iyajya aya ah aha
n amateka n amateka n amateka ahh yaa
#shema natete brian



Random Lyrics

HOT LYRICS

Loading...