meddy – nka paradizo lyrics
nasanze urukundo
ruruta byose
kwihishira ni ukwibesha
no mu gusaza (yeah)
nzahora nkunkuda (yeah)
nkaho ari ubwa nyuma (yeah)
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuza ko nabivamo
ntibari ko ari wowe
ngwino tubijyaze bucece
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana
umurikiye nk’izuba rirasa duhuza amaso, nkananirwa kwifata
umutima ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bazakubwira ko bizashira
bifuze ko nkuta
niko iyi si imera
reka nkubere inyenyeri itazima
imvura izagwa, nkubere ubwugamo
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuga ko nabivamo
ntimbazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
iyeeeeeh!!uhhhmmm
kuva nak-menya iyeeehh
umudendenzo iyeeeh
ntibazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba
rirasa duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
Random Lyrics
- yung bleu – running with the wolves lyrics
- summer cannibals – go home lyrics
- gibbz – not the one lyrics
- daniel e samuel – o amor da minha vida lyrics
- suricato – na mão as flores lyrics
- bleached – shitty ballet lyrics
- steve aoki feat. morten – kids lyrics
- zoé – mirage lyrics
- suspensivos rock – refugio lyrics
- arijit singh – tujhe kitna chahne lage (from “kabir singh”) lyrics