azlyrics.biz
a b c d e f g h i j k l m n o p q r s t u v w x y z 0 1 2 3 4 5 6 7 8 9 #

zad – ibanga lyrics

Loading...

ibanga by zad lyrics

if only we could see what is in the heart
cyangwa byibura ngo ndebe ahazaza
ngo menye ko inshuti magara nizeraga cyane yakora ibishoboka kugirango imbone down
wari k-menya ko umwari wihebeye ari slay queen usohoka yinjiza abandi
twasezeranye forever and ever like romeo and julie in our little paradise, unsegura love none ubu untungisha inkoni
i regret my precious time i wasted on you

iyo menya ko utazaba uwanjye sinari kugufuhiraaa
benshi bize cyane baziko bazatuyobora dupanga future isi igapanga ibyayo ubu bari iwawa
ndakora cyane gusa i don’t know when i’ll die
ntekereza ahaza hanjye igitima kikadiha
iryo banga nahishwe rimbuza amahoro day and night
(day and night)

chorus: ibanga twahishwe(x3) niwo mutaka witwikira
ibanga twahishwe(x3) nicyo cyizere wagiriwe
ibanga twahishwe(x3) niwo mutaka witwikira
ibanga twahishwe(x3) nicyo cyizere wagiriwe

ibanga twahishwe ritumye gukorera imana bihinduka ubucuruzi
k-menya uwukuri nubikora kubw’impiya birangora nkaturiya nkisomera bibiliya….( amen)
ibaze mbimenyeko nubwo wirirwa unsekera ari wowe unyura hirya ukamvuga ibinyoma
ukansebya ukamparabika oh no
iyo bitaba ibanga sinari kwiga ibisosi nziko nzatungwa n’umunwa, simba naragukunze nziko uzambabaza
iryo banga ryungura bamwe ni ibihombo kubandi, iyo ritabaho ntihari kubaho abatuzi
iyo ritabaho ntihari kubaho abagambanyi, iyo ritabaho ntihari kubahon lies
now i wonder what the world would be like

ndakora cyane gusa sinzi when i’ll die
ntekereza ahaza hanjye igitima kikadiha, iryo banga nahishwe rimbuza amahoro day and night
(hrrrrrrrrrrrr ha)

chorus: : ibanga twahishwe(x3) niwo mutaka witwikira
ibanga twahishwe(x3) nicyo cyizere wagiriwe
ibanga twahishwe(x3) niwo mutaka witwikira
ibanga twahishwe(x3) nicyo cyizere wagiriwe



Random Lyrics

HOT LYRICS

Loading...